![]() |
| Urukundo ni iki? |
Ubushakashatsi bwerekana ko guhita ukanguka mu gihe cyo gukora imibonano wumvise inzozi z’urukundo mu gihe usinziriye bidashobora kuvuga ko udakunda uwo muntu.
Hari ubwo abantu bagira inzozi z’urukundo cyangwa z’imibonano, urugero
nk’umuhungu urota arimo kuruma cyangwa gukorana imibonano n’umukobwa, hanyuma
agahita akanguka. Ibi bishobora gutera impungenge ku muntu ku giti cye, akibaza
niba bitagaragaza ko yaba akunda uwo muntu cyangwa ikibazo mu rukundo.
Abahanga mu by’imitekerereze n’ubwonko bavuga ko ibi atari
ibimenyetso by’ukuri ku rukundo. Dr. Sigmund Freud n’abandi bahanga mu
mitekerereze bavuze ko inzozi ari uburyo ubwonko bwacu bukenera gutunganya
amarangamutima yacu, ibitekerezo n’imyemerere yo mu buzima bwa buri munsi.
Nk’uko Dr. Eva Selhub wo muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika umushakashatsi
mu by’imitekerereze mu gitabo yanditse mu mwaka wa 2021, avugamo bimwe mubyo amaranga mutima ya
muntu agira:“Guhita ukangukiraho mu gihe cy’inzozi z’urukundo cyangwa mu
gihe cyo gukora imibonano ntibivuga ko utakunda uwo mukunzi wawe. Ahubwo ni
uburyo bw’umubiri bwo kwitabara, bushobora guterwa n’umunaniro, stress cyangwa
igipimo cya testosterone mu mubiri.”
Abahanga bavuga ko guhita ukanguka cyangwa kugira “erection”
cyangwa “orgasm” mu nzozi bifitanye isano n’imiterere y’umubiri, amarangamutima
y’ubwonko, ndetse n’ubuzima bw’imyororokere. Ntibivuze ko urukundo ruri hagati
y’abakundana ruri hasi.
Ikindi, guhita uranguka mu nzozi bishobora kuba reaction ya
physiologique y’umubiri, aho igice cy’ubwonko gishinzwe guhumeka no gukanguka
cyikora ku buryo bw’umubiri, kandi bidashingiye ku amarangamutima y’umuntu ku
wundi.
Abahanga bakomeje kwibutsa ko umuntu atagomba gufata inzozi nk’icyemezo
cy’urukundo cyangwa ko umuntu atagukunda by’ukuri. Ahubwo ni ingenzi kumenya ko
ari ibimenyetso by’umubiri n’ubwonko kandi urukundo rushobora kugumaho hatitawe
kuri reaction z’igihe gito mu nzozi.
Isoko: Psychology Today, Journal of Sexual Medicine, Dr. Sigmund
Freud Archives

0 Comments
Imihigonews